Ku wa 5 Kanama 2019 ni bwo byatangajwe ko Radisson Blu Hotel and Convention Centre yegukanye iki gihembo gitangwa n’Ikigo Mpuzamahanga gihemba hoteli zifite ituze n’umutekano cyitwa Safehotels Alliance AB .
Urwego rw’ama - hotel no kwakira abantu , ni zimwe mu zashegeshwe bikomeye n’ingamba zo gufunga ibikorwa mu kwirinda icyorezo cya COVID - 19 , ndetse bisaba ingufu nyinshi mu kuzahura ubukungu bwarwo .
2 Frw zahererekanyijwe mu cyumweru cya mbere cya Mutarama 2020 .
U Rwanda rufite intego yo kwinjiza miliyoni $ 800 avuye mu bukerarugendo mu 2024 , mu gihe mu wa 2017 bwinjije miliyoni $ 438 .
Ntizigera mu bushorishori ariko nanone biragoye ko wazisanga hasi ku butaka , zigerageza kujya hagati na hagati .
Ramada ni yo sosiyete ikomeye muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu mu bijyanye n’imicungire y’amahoteli , ariko igenzurwa n’indi yitwa Wyndham Hotels and Resorts .
Singita Kwitonda Lodge yashoweho miliyoni $ 25 .
Guverinoma y’u Rwanda igenera abaturiye hafi ya za pariki 10 % by’inyungu iva mu bukerarugendo .
3 , akaba asanga ari umusaruro ufatika .
Ikindi ni uko abagenzi bazajya bagera ku Kibuga cy’Indege biteguye guhita bagenda ku buryo byagabanya ubucucike bigafasha ko mu gihe hari uwanduye atahura n’abandi ngo abe yabanduza .
Manzi Nelson aririmba muri Ambassadors of Christ choir ndetse ari no mu bayobozi bayo naho umugore we Irakiza Eunice ni umwe mu baririmbyi b’imena muri Epee du Salut choir yavukiye i Gitwe gusa kuri ubu ibarizwa kuri Kigali SDA Bilingual church .
Naivasha Oakes ushinzwe ubufatanye bw’u Rwanda n’ikipe ya Arsenal , yavuze ko iyo mibare y’agaciro k’inyungu u Rwanda rumaze kuvana muri ubwo bufatanye , hifashishijwe uburyo butandukanye bwabazwe n’ibigo bizobereye .
Dr Kandt yubatse iyi nzu y’ibyatsi iherereye i Shangi , ruguru gato y’ikiyaga cya Kivu ku wa 24 Werurwe 1899 , nyuma yo kuvumbura isoko y’uruzi rwa Nile , mu ishyamba rya Nyungwe .
Kubera kumarana igihe kinini nazo , bashobora kumenya icyerekezo zizaganamo umunsi ukurikiye .
Fig Tree Bay
Yahakiriye abamisiyoneri bahasomera misa ya mbere
Ikigo cy’igihugu ndangamurage kigaragaza ko kimaze gukora ubushakashatsi bugamije kugaragaza ibice nyaburanga by’u Rwanda abakerarugendo basura , bwagaragaje ibisaga 500 birimo 10 bifitanye isano n’urugendo rwa Dr Richard Kandt .
Muri Pariki ya Kruger muri Afurika y’Epfo , intare ziri kugaragara zigandagaje mu mihanda yo muri pariki , ahantu zitapfaga kugera mu bihe bisanzwe .
Kugeza mu Ukuboza 2018 , yari ifite amahoteli 811 afite ibyumba 114 , 614 mu bihugu 63 zikora mu izina rya Ramada .
Haruguru yazo aho bivugwa ko Kandt yari yarubatse iyo nzu y’ibyatsi harisanzuye nta kintu giteyemo uretse ibyatsi cyimeza .
Gusa hari uruhande ubonamo ikawa bigaragara ko zatewe cyera ariko zidakoreye .
Iyi pariki nabwo yaherukaga guhagarika ibikorwa byo kuyisura hagati ya Gicurasi na 2018 kugeza mu ntangiro z’umwaka ushize .
9 Frw mu kugoboka ibikorwa by’ubukerarugendo no kwakira abantu , mu gihe cy’umwaka wose nyuma ya Coronavirus .
U Bufaransa buri mu bihugu byahungabanyijwe cyane na Coronavirus , aho habarwa abantu 29 731 bishwe n’iki cyorezo na 161 348 bacyanduye , gusa ubukana bwacyo bukomeje kugabanuka , ari nako ibikorwa byinshi bisubukurwa .
Kukinyonga ni ijana , kudingisa ni bitanu Mukamana urananiranye ngaho isubireho .
Serivisi zimwe na zimwe za hoteli zikomeje gufungurwa , ariko byose byitondewe cyane kubera icyorezo cya Coronavirus cyahagaritse imirimo myinshi mu gihugu , urwego rw’amahoteli rugahungabana kurusha izindi .
Kugera kuri uyu muryango bisaba iminota nibura 30 uvuye ku cyicaro cya Pariki y’Ibirunga , gusa Irakoze asobanura ko we cyangwa abashinzwe kuzicunga bataba bazi aho ziherereye kuko zihora zimuka .
Playa Ruinas ni beach iherereye mu gihugu cya Mexique ikaba izwiho kugira umucanga mwiza w’umweru n’amazi ateye amabengeza .
Isanzwe ikorana na Arsenal mu kumenyekanisha ubukerarugendo bw’u Rwanda .
Perezida Paul Kagame aherekejwe na Madamu Jeannette Kagame , yafunguye ku mugaragaro Singita Kwitonda Lodge and Kataza House , inyubako yo ku rwego rwo hejuru izajya yakira ba mukerarugendo , yuzuye mu Karere ka Musanze , munsi y’ibirunga .
Iyi ni beach izwi cyane kubera umwihariko wayo wo kugira umucanga w’umukara , ikaba iherereye mu gihugu cya Iceland .
Yakomeje ati “ Dutegereje gufungura ibikorwa kandi biragaragara ko abakiliya bacu bagomba kuba abo mu gihugu , hakazaza abo mu karere , abo hirya yaho bakazaza nyuma .
40 cyangwa amadolari ya Amerika $ 11 .
Manzi Nelson n’umugore we Irakiza Eunice basanzwe ari abaririmbyi , batangiye kuririmbana nk’umugabo n’umugore ( Manzi & Eunice ) ndetse kuri ubu bamaze kuririmbana indirimbo eshatu .
Impamvu zatumye umucanga wo kuri iyi beach uba umukara n’iruka ry’ikirunga , gusa ibi ntibiyibuza kuza mu icumi za mbere nziza mu 2019 .
Yize amashuri abanza gusa , ubu afite abana babiri .
Kugeza ubu abakozi bahagaritswe ntibarasubira mu kazi , harimo kwifashishwa bake cyane bo kugira ngo nihagira ugana hotel atabura umwakira .
Aba bazwi cyane mu ndirimbo nka ‘Muremyi w’Isi’ .
Igice cyayo gishushe nk’Inzu y’Umwami igaragara i Nyanza , cyakira abantu 2600 .
Iyi beach ya gatanu ku rutonde rw’inziza mu 2019 iherereye mu gace ka El Nino ku kirwa cya Palawan mu gihugu cya Philippines .
Uruhande rusurwa nta nkomyi ni ku Rwanda , uretse ko ibikorwa by’ubukerarugendo byahagaze kubera icyorezo cya Coronavirus .
Ati “ Abamisiyoneri ba mbere baza baturutse i Bujumbura mu Burundi , bayobowe na Musenyeri Joseph Hirth bamubwiye ko kugira ngo ahite ajya kureba umwami agomba kubanza kuvugana na Kandt wari uhamenyereye , akamubwira uko yabyitwaramo .
Magingo aya , iyi pariki iri ku buso bwa hegitari 16 , 027 .
Abakozi bacu bazakomeza gutozwa kubahiriza amabwiriza mu nama zidasanzwe , dukomeze kubigira iby’ibanze .
Ukihagera ubona hameze nko mu ishyamba ritarimo ibiti byinshi ariko ibirimo bikuze cyane , bikikijwe n’urugo rufite amarembo yubakishije imbaho ariko rufite akaryango gato gahora gafunze , bigaragara ko hinjirwa na nyiraho cyangwa undi wabanje kubisabira uburenganzira .
Ku cyumweru tariki 12 Kanama 2018 , nibwo ubufatanye bw’u Rwanda n’ikipe ya Arsenal FC bwatangiye ku mukino iyi kipe yakinagamo na Manchester City .
Asize abana babiri Damian Hurley na Kira Bonder .
Bimwe mu bifasha abazishakisha kumenya aho ziherere harimo kuba bazi agace barimo umunsi wabanje .
Abandi bana bayo bose baba mu muryango wa Musilikale ubu ugize ingagi 21 .
Umuryango mpuzamahanga ushinzwe ingendo za gisivile , ( ICAO ) uherutse gutangaza amabwiriza akwiye kwifashishwa n’abantu bagiye gufata indege , aho agomba kubahirizwa na Guverinoma zose .
Ben na Chance
Amafoto : Niyonzima Moses
Amanda Fung na Kavutse Olivier babarizwa muri Beauty for Ashes na Prayer House
Raporo ya ICCA y’umwaka ushize yerekana ko u Rwanda rwari ku mwanya wa kabiri n’ubundi inyuma y’Umujyi wa Cape Town muri Afurika y’Epfo , ku rutonde rwasohotse ku wa 13 Gicurasi 2019 , rugaragaza uko imijyi yishimiwe mu kwakira inama mpuzamahanga mu 2018 .
Mu gihe abo kuri Facebook basabwe gufata link y’indirimbo Isubireho kuri YouTube bakabisangiza inshuti zabo .
Kuva umuhango wo Kwita Izina watangizwa mu 2005 , abana b’ingagi 281 bamaze guhabwa amazina .
Bivuze ko kugira ngo umuntu ashobore kubona ingagi , bigomba gusaba amafaranga menshi , kubera ko amafaranga naba make abantu benshi bazajya kuzireba kandi ntabwo ari byiza mu kuzibungabunga .
Kuri uyu wa Kabiri , RDB yatangaje ko abanyamahanga bakomeje kubona u Rwanda nk’ahantu heza ho gusura .
Manzi & Eunice bavuga ko kuririmbana ari babiri babitewe n’uko babikunda ndetse bakaba babisanzwemo nk’abantu babiri b’abaririmbyi babana .
RDB itangaza ko byatewe n’ubukangurambaga burimo ubwa Tembera u Rwanda bwakozwe mu myaka ibiri ishize .
Zirimo zirindwi zagenewe umuntu umwe cyangwa uherekejwe kuko buri imwe ifite uburiri bumwe , uruganiriro rwagutse n’ibindi byangombwa nkenerwa , hakaba indi imwe yiswe Kataza House yo igizwe n’ibyumba bine byo kuraramo .
Guhera tariki 9 Werurwe kugeza tariki 15 Werurwe , hahererekanyijwe miliyari 10 .
Iyi beach iherereye mu karere ka Exuma mu gihugu cya Bahamas .
Ingagi zo mu birunga ni nke ku Isi , hasigaye izigera kuri 880 gusa , u Rwanda rukagiramo 62 % yazo .
Bibarwa ko rusanganwe inguzanyo za miliyari 137 Frw .
Ambara uberwe bijyanye n’igihe : Imyambaro 10 abagore bakwambara bakaberwa muri iyi mpeshyi
Radisson Blu Hotel yahawe igihembo cya hoteli itekanye kandi yiyubashye nyuma y’igenzura yakorewe ku ngingo zisaga 220 zishingirwaho kugira ngo hoteli runaka ishyirwe mu zitekanye .
MTN Rwanda yatangaje ibiciro bishya byo kohererezanya amafaranga kuri telefoni nyuma y’uko hari hashize amezi atatu iyi serivisi itangirwa ubuntu mu Rwanda mu kwimakaza ikoreshwa ry’ikoranabuhanga hirindwa ikwirakwira ry’icyorezo cya Coronavirus .
Hirya gato , ka gahanda kinjiramo gakikijwe n’imikindo karakomeza kugera ku mazi y’ikiyaga cya Kivu , harimo urugendo nk’urwa metero 800 , bivuga ko yari inzira Kandt n’abandi bahabaye banyuragamo bagiye cyangwa bavuye mu bwato .
Kaliza yavuze ko mu mwaka wa 2018 ba bakerarugendo bavuye mu Bwongereza baza mu Rwanda biyongereyeho 5 % .
Uretse ibyo bikorwa bishushanya urugendo rwa Kandt , banasuye ibindi bice nyaburanga byabyazwa umusaruro n’abafasha abakerarugendo birimo ahahoze urugo rw’Umwami Kigeli IV Rwabugiri , ingoro y’ibidukikije i Karongi , ubukerarugendo bushingiye ku burobyi n’ibindi .
Ishushanya umukobwa uba warananiye iwabo akajya ararana n’abasore mu ma hoteli , kugeza aho bamufashe ku ngufu bakamukoresha imibonano mpuzabitsina barenze umwe .
6 Frw , mu gihe abantu babiri bishyura $ 3500 .
n’ahandi ritaragera kugira ngo aho bagikoresha amafaranga biveho .
Ntabwo imodoka wabona uko uyigezamo .
Ni urugendo rwahereye muri Priki y’Ibirunga icumbikiye inyamaswa nyinshi zirimo Inkima zifite ibara rya zahabu igice kimwe n’ajya gusa n’ikigina n’umukara , bakomereza n’izindi nzira Richard Kandt yanyuzemo mu Rwanda .
Yakomeje ati “ Ntabwo tuzatangirira ku biciro biri hejuru , tugomba gutangirira hasi wenda umuntu akagenda azamuka bitewe n’uko abantu bagenda baza .
Mu bituma u Rwanda ruza imbere mu bihugu byakira neza inama mpuzamahanga harimo kuba ari igihugu gitekanye , kirangwa n’isuku , kikaba cyaranoroheje uburyo bwo gutanga visa n’ibindi .
Umuyobozi Mukuru w’uyu munara , Patrick Branco Ruivo , avuga ko kuva ibikorwa byafungwa muri Werurwe abantu ntibemererwe kuhasura , Tour Eiffel yahombye miliyoni $ 30 , igihe imaze ifunzwe kikaba ari cyo cya mbere kirekire ifunzwe nyuma y’Intambara ya Kabiri y’Isi .
Ingabire yatweretse imyambaro y’abakobwa n’abagore bifuza kurimba muri ibi bihe by’impeshyi ayishyize mu byiciro bitatu ;
Uru rugo ruherereye mu Karere ka Nyamasheke mu Murenge wa Shangi , Kandt , yaje kuruvamo ajya kuba i Kigali mu 1907 , ubwo yagirwaga Rezida w’u Rwanda .
Benshi mu bakiliya barwo akenshi babaga ari abanyamahanga ariko ingamba zashyizweho zo kwirinda coronavirus zishobora gukoma mu nkokora urwo rwego , kuko abakerarugendo mpuzamahanga bizatwara igihe ngo batangire kugaruka .
Nko kuva ku wa 1 Nyakanga kugeza ku wa 30 Nzeri 2020 , abashaka gukora urugendo rw’amasaha abiri muri kajugujugu R44 y’imyanya itatu , igiciro cyavuye ku $ 1600 kiba $ 1120 naho muri A119 y’imyanya itandatu cyavuye ku $ 4000 kiba $ 2800 .
Umuvugizi w’iyo pariki , Isaac Phaahla yabwiye CNN ati “ Ubusanzwe kuzibona ziryamye mu muhanda ku manywa ntibyakundaga kubaho kuko hahoraga urujya n’uruza bigatuma zihungira mu bihuru .
You've got 72 hours to cast your vote and name one of Rwanda's new baby mountain gorillas .
Bwavuze ko yari yari afite ihungabana ryinshi’ ari naryo ryatumye ahitamo kwiyambura ubuzima .
Umuyobozi w’Ingoro z’Umurage w’u Rwanda , Amb Robert Masozera , yavuze ko kumenyekanisha ubukerarugendo bushingiye ku rugendo rwa Kandt ‘atari ugushyigikira ibyo yakoze kuko atari byiza ahubwo aho yageze ari ahantu heza habyazwa umusaruro no kwagura ubukerarugendo bukarenga gushingira ku ngagi na Pariki’ .
Mu 2018 , u Rwanda rwasuwe n’abakerarugendo miliyoni 1 .
Urakomanga ugategereza ko abasore bahakora baza kukubaza ikikugenza bakaguha uburenganzira bwo kujyamo , bivuze ko hari n’ubwo bashobora kubukwima bitewe n’impamvu runaka .
Umwana w’ingagi yitwa Icyamamare yatangiye gushakirwa izina binyuze kuri National Geographic
Yakomeje ati “ Ibyumba birateguye , umuntu akeneye icyumba ashobora kukibona , ariko kuva bafungura nta mukiliya [ uraboneka ] .
Muri ibyo harimo Inkima zifite ibara rya Zahabu ( Golden Monkies ) ziba muri Pariki y’Ibirunga .
Ku rugendo rw’iminota 30 , igiciro cyavuye ku $ 500 ku ndege y’imyanya itatu kigera ku $ 350 , naho ku y’imyanya itandatu kiva ku $ 1000 kigera ku $ 700 .
Bivuze ko kuva igihe twongereye ibiciro by’ingagi , amafaranga tubona ubu ngubu aruta amafaranga twabonaga mbere yuko twongera igiciro no mu bihe ba mukerarugendo baba ari bake .
Nyuma y’itangazwa ry’ibyo biciro , abantu bavuze byinshi ko Abanyarwanda batazajya babasha kwishyura ayo mafaranga , ariko baza gushyirirwaho gahunda zihariye zibafasha kwitegereza ibyiza igihugu cyabo gifite .
Hurley babyaranye yanditse kuri Instagram agaragaza ko atewe agahinda n’urupfu rwa Steve Bing .
Ati “ Ubundi ingendo zo mu Ntara uko ziteye ni uko umuntu agura itike akava wenda i Kigali akajya i Musanze , turimo kureba uko byahuzwa n’irikoreshwa i Kigali , ariko hakaba hanabaho gukoresha telefoni ku buryo nayo yajya ikora nk’ikarita kandi iryo koranabuhanga tumaze kurigera kure .
Ugenda nka metero 50 ukagera ku nzu zimaze igihe zubatswe mu 1930 , mu gihe u Rwanda rwagenzurwaga n’Ababiligi ariko bigaragara ko mu gihe cyazo zari mu zigezweho .
Umushakashatsi mu kigo cy’igihugu cy’ingoro z’Umurage , Mugabowagahunde Maurice , yavuze ko muri uru rugo ariho Kandt yakoreraga ubushakashatsi butandukanye .
Inyungu kandi y’ubwo bufatanye RDB igaragaza ko ibonekera mu mubare w’abatangiye gukurikira ibikorwa byo gusura u Rwanda ( Visit Rwanda ) aho ku mbuga nkoranyambaga nka Youtube ababikurikira biyongereye ku kigero cya cya 100 % , kuri Instagram biyongeye ku kigero cya 507 % , kuri Twitter biyongera ku kigero cya 72 % naho kuri Facebook biyongeyere ku kigero cya
